Byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 28 Ugushyingo, nk’uko amakuru agera kuri IGIHE abyemeza.
Bivugwa ko ingurube yaciye ikiraro ijya mu nzu imurya akaboko kose k’iburyo, inarya umutwe we kugeza iwurangije.
Ababyeyi bose bari bagiye ku kazi batashye bashaka umwana baramubura, barebye mu kindi cyumba basanga ni ho yamuririye.
Umwana yari yasigaranye n’umukozi mu rugo ariko byageze aho umukozi amusiga aryamye, arigendera.
Umurambo w’umwana wajyanywe ku bitaro bya Kibogora mu gihe hagitegurwa ko ashyingurwa.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!