Usibye kuba ari icyamamare, ikindi gituma abanyarwanda b’ingeri zose bavuga kuri iki gitaramo, ni uko uyu musore ari Umubiligi ariko papa we akaba ari umunyarwanda.
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga akaba n’umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, yahaye ikaze uyu muhanzi.
Abinyujije kuri Twitter yagize ati “Nk’umuryango mugari, duhaye ikaze Stromae mu rugo iwabo.”
Minisitiri Mushikiwabo yakomeje avuga ko Stromae ari umuhungu wuzuye impano n’umutima mwiza.
Amakuru aremeza ko uyu muhanzi yamaze kugera i Kigali



















TANGA IGITEKEREZO