Ni ibiganiro byabaye ku gicamunsi cyo ku wa 29 Kamena 2026.
Ubutumwa bwashyizwe kuri konti ya X y’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe bugira buti “Ibiganiro bagiranye byibanze ku kurushaho gushimangira ubufatanye hagati y’u Rwanda na ILO hagamijwe guteza imbere umurimo, kuzamura ubumenyi n’ubushobozi, ndetse no kwihutisha iterambere ry’ubukungu bugera kuri bose.”
Ku wa 2 Ukwakira 2023, ni bwo Rwanyindo Fanfan, yatangiye imirimo yahawe muri ILO Africa.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!