RCS igira ibyiciro bitanu by’amapeti, igito muri byo cyangwa se aho umuntu ahera iyo yinjiye muri RCS hakaba ku cyiciro cya Warder. Aha ni uwinjiye mu bacungagereza bato. Icyiciro gikuru ni icy’Abakomiseri.
Mu kiganiro na IGIHE Umuvugizi wa RCS, CS Sengabo Hillary yasobanuye ingingo ku yindi uko amapeti akurikirana, icyo bisaba ngo umuntu yinjire muri RCS ndetse n’igihe umukozi wa RCS ashobora kumanurwa ku ipeti cyangwa akirukanwa.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!