00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Kwibuka bishingiye ku budaheranwa: Ubutumwa bwa MTN Rwanda ku Kwibuka ku nshuro ya 31

Yanditswe na Utuje Cedric
Kuya 7 April 2025 saa 07:16
Yasuwe :

MTN Rwanda yifatanyije n’Abanyarwanda bose muri ibi bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ishimangira ko kwibuka bishingiye ku bumwe n’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda.

Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi btatangiye kuri uyu wa 7 Mata 2025.

Ubutumwa MTN Rwanda buvuga ko yifatanyije n’Abanyarwanda bose ndetse ko inashima intambwe imaze guterwa mu gushimangira ubumwe n’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda

Yagize iti “Twibuke tunashima intambwe imaze guterwa mu gushimangira ubumwe n’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda.”

Muri ubu butumwa MTN Rwanda yakomeje isaba Abanyarwanda gukomeza imihigo yo kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside.

Iti “Mu gihe tuzirikana amateka, dushimangire imihigo yacu yo kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside twimakaza kubana mu mahoro dushyize hamwe, duharanira ko Jenoside itazongera kubaho ukundi.”


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .