Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi btatangiye kuri uyu wa 7 Mata 2025.
Ubutumwa MTN Rwanda buvuga ko yifatanyije n’Abanyarwanda bose ndetse ko inashima intambwe imaze guterwa mu gushimangira ubumwe n’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda
Yagize iti “Twibuke tunashima intambwe imaze guterwa mu gushimangira ubumwe n’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda.”
Muri ubu butumwa MTN Rwanda yakomeje isaba Abanyarwanda gukomeza imihigo yo kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside.
Iti “Mu gihe tuzirikana amateka, dushimangire imihigo yacu yo kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside twimakaza kubana mu mahoro dushyize hamwe, duharanira ko Jenoside itazongera kubaho ukundi.”
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!