Icyakora ubuyobozi bukuru bw’iyi banki butangaza ko bufite intego ndetse hari n’ingamba zo kugira ngo iyo ntego izagerweho, cyane ko izi nzego zombi zigaragaramo umubare munini w’Abanyarwanda.
Ariko se ni gute Equity Bank Rwanda Plc izagera kuri izi ntego? Ni gute izahangana n’ibyago by’ibihombo biri muri izi nzego zombi?
Mu kiganiro na IGIHE, Umuyobozi Mukuru wa Equity Bank Rwanda Plc, Hannington Namara, yabisobanuye neza.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!