Mu minsi mike ishize, RDC n’abo bafatanyije bakusanyije ingabo n’abarwanyi ndetse n’ibikoresho byinshi cyane hafi y’ibice bigenzurwa na AFC/M23, bituma uwo mutwe utanga umuburo, uvuga ko RDC iri gutegura intambara karundura nubwo impande zombi ziri mu nzira iganisha ku mahoro.
Icyo benshi bari kwibaza ni ukumenya niba aya masezerano azigera ashyirwaho umukono ndetse n’umusaruro ushobora kuyavamo. Ibi ni byo twagarutseho mu kiganiro Tubijye Imuzi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!