00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ibyo Abanyarwanda batekereza ku guhuhura umurwayi urembejwe bikomeye n’indwara itazakira (Video)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 15 June 2026 saa 08:16
Yasuwe :

Mu muryango mugari wiganjemo ubukiristu, ingingo yo guhuhura umurwayi urembejwe n’ububabare bukabije kandi abaganga baremeje ko atazakira babifata nk’ubwicanyi, ariko hari n’abandi bemera ko ari ukumuruhura no korohereza abo mu muryango we baba bamaze igihe bamwitaho.

Ni ingingo yubahirizwa mu bihugu bimwe byo mu Burengerazuba bw’Isi harimo nk’u Bubiligi, u Buholandi n’ahandi.

Mu Rwanda ntibyemewe. Ariko se abaturage babivugaho iki?


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages