Ni ingingo yubahirizwa mu bihugu bimwe byo mu Burengerazuba bw’Isi harimo nk’u Bubiligi, u Buholandi n’ahandi.
Mu Rwanda ntibyemewe. Ariko se abaturage babivugaho iki?
Mu muryango mugari wiganjemo ubukiristu, ingingo yo guhuhura umurwayi urembejwe n’ububabare bukabije kandi abaganga baremeje ko atazakira babifata nk’ubwicanyi, ariko hari n’abandi bemera ko ari ukumuruhura no korohereza abo mu muryango we baba bamaze igihe bamwitaho.
Ni ingingo yubahirizwa mu bihugu bimwe byo mu Burengerazuba bw’Isi harimo nk’u Bubiligi, u Buholandi n’ahandi.
Mu Rwanda ntibyemewe. Ariko se abaturage babivugaho iki?
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!