00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ibihano ku Rwanda bizakemura ibibazo bya RDC? (video)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 27 February 2025 saa 09:45
Yasuwe :

Hari ibihugu bikomeje kuvuga ko bizafatira u Rwanda ibihano by’ubukungu, birushinja gushyigikira umutwe wa M23, ingingo rwakunze guhakana inshuro nyinshi.

Icyo benshi bibaza, ni ihuriro ryo gufatira u Rwanda ibihano by’ubukungu ndetse n’ikemurwa ry’ikibazo cy’intambara ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Izi ntambara zimaze imyaka myinshi, ariko igihe cyose ugasanga nta RDC n’umuryango mpuzamahanga biruma bihuhaho, ntibyinjire neza mu kibazo muzi, ari nabyo bituma iki kibazo gihora kigaruka.

Mu kiganiro Indiba y’Ibivugwa, turagaruka ku mpamvu u Rwanda rwagizwe urwitwazo kugeza ubwo ibihugu bimwe byifuza kurufatira ibihano by’ubukungu, ababyungukiramo, ingaruka byagira n’ibindi.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .