Icyo benshi bibaza, ni ihuriro ryo gufatira u Rwanda ibihano by’ubukungu ndetse n’ikemurwa ry’ikibazo cy’intambara ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Izi ntambara zimaze imyaka myinshi, ariko igihe cyose ugasanga nta RDC n’umuryango mpuzamahanga biruma bihuhaho, ntibyinjire neza mu kibazo muzi, ari nabyo bituma iki kibazo gihora kigaruka.
Mu kiganiro Indiba y’Ibivugwa, turagaruka ku mpamvu u Rwanda rwagizwe urwitwazo kugeza ubwo ibihugu bimwe byifuza kurufatira ibihano by’ubukungu, ababyungukiramo, ingaruka byagira n’ibindi.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!