Ku wa Mbere tariki ya 23 Mata 2023 nibwo abaturage basanze umurambo w’uyu mugore hafi y’umugezi wa Nyabugogo.
Abaturage babwiye IGIHE ko uyu mugore ashobora kuba yarishwe n’abagizi ba nabi.
Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, SP Sylvestre Twajamahoro yavuze ko uyu murambo w’uyu mugore wagaragaye ku ruhande rwa Kimisagara, iperereza rikaba ryatangiye kugira ngo hamenyekane uko yapfuye.
Urwego rw’Ubugenzacyaha bwahise butangira iperereza kugira ngo hamenyekane icyishe nyakwigendera.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!