Aya makuru yamenyekanye mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki 12 Werurwe 2024.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugunga, Uwimana Eugene, yagize ati “Ni byo ni ko byagenze birakekwa ko umugabo ariwe wamwishe yarangiza nawe akiyahura.”
Yongeyeho ko iperereza ryatangiye kugira ngo hamenyekanye byimbitse iby’urupfu rw’uyu mugabo n’umugore we.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!