Ni impinduka zatangajwe ku manywa yo kuri uyu wa Kabiri na Minisiteri y’Ingabo, zikurikira izindi zaraye zitangajwe aho iyi minisiteri yahawe Minisitiri mushya, Juvenal Marizamunda ndetse Ingabo z’u Rwanda zigahabwa Umugaba w’Ingabo mushya, Lt Gen Mubarakh Muganga.
Col Godfrey Gasana usanzwe ari Umugaba wungirije w’Ingabo zirwanira mu Kirere yahawe ipeti rya Brigadier General



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!