Iyi ngingo yakunze kutavugwaho rumwe mu bihe bitandukanye ku buryo hari n’abayobozi bo mu nzego za leta bagaragaza ko inkwano iri mu bituma umusore n’umukobwa iyo bamaze kurushinga babaho nabi kubera kumarira amafaranga menshi mu bukwe hakiyongeraho n’inkwano iremereye iba yatanzwe.
Hari aberura bakavuga ko inkwano yabaye nk’ubucuruzi kuko hari ibiciro byagiye bishyirwaho bitewe n’amashuri umukobwa yize, akazi akora, aho akomoka n’ibindi.
Ese ubundi umukobwa ari we utanga inkwano byagenda bite ?
IGIHE yaganiriye na bamwe mu batuye mu Mujyi wa Kigali baduha ibitekezo kuri iyi ngingo.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!