Afurika y’Epfo yaherukaga kugira ambasaderi mu Rwanda mu mpera za 2024, ubwo Mandisi Bongani Mabuto Mpahlwa wari uhagarariye iki gihugu yari yushije ikivi cye. Yari yarageze mu Rwanda mu 2020.
Ubutumwa bwashyizwe ku mbuga nkoranyambaga za Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga bugira buti “Minisitiri Olivier Nduhungirehe yakiriye kopi z’impapuro zemerera Tinyiko George Hlungwane guhagararira Repubulika ya Afurika y’Epfo mu Rwanda.”
Muri Kamena 2026, Minisitiri Nduhungirehe yagiriye uruzinduko muri Afurika y’Epfo rwanabayemo ibiganiro byamuhuje na mugenzi we w’iki gihugu, bemeranya ku ngingo nyinshi zirimo kuzahura umubano wari umaze igihe warazambye, ndetse hemezwa ko Abanyarwanda bafite pasiporo isanzwe bazongera guhabwa visa vuba.
Presentation of copies of credentials by Mr Tinyiko George Hlungwane, High Commissioner-Designate of the Republic of South Africa to Rwanda.
🇷🇼🤝🏾🇿🇦 https://t.co/YnIjOd9NRH
— Olivier J.P. Nduhungirehe (@onduhungirehe) August 25, 2026
Izindi nkuru wasoma:
U Rwanda na Afurika y’Epfo bigiye guhurira mu biganiro byo kuzahura umubano
Gatebe gatoki mu mubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo igeze ku iherezo?



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!