Ni amasengesho ngarukamwaka agiye kuba ku nshuro ya 23 agamije gushimira Imana ibyo yagejeje ku Rwanda mu 2018 no kuyiragiza umwaka mushya wa 2019.
Perezida Paul Kagame ni we mushyitsi mukuru urayobora uwo muhango. Iki gikorwa gitegurwa n’Umuryango Rwanda Leaders Fellowship.
Umwaka ushize igikorwa nk’iki cyabaye tariki 13 Mutarama 2018 mu gihe ku nshuro ya mbere hari tariki 1 Nzeri 1995.











































Kanda hano urebe andi mafoto
Amafoto: Niyonzima Moïse
TANGA IGITEKEREZO