Biteganyijwe ko aba mbere muri aba Bapolisi bazahaguruka mu Rwanda ku wa 24 Nyakanga 2025 berekeza muri Sudani y’Epfo, aba nyuma bakazagenda ku wa 8 Kanama 2025. Barimo abagore 35 n’abagabo 205.
Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe Ubutegetsi n’Abakozi, DCG Jeanne Chantal Ujeneza, yabasabye guhorana ikinyabupfura n’ubunyamwuga mu butumwa bazakora, no guharanira kurangwa n’indangagaciro nyarwanda kuko u Rwanda ari igihugu cyamenyekanye ku guharanira amahoro.
Abapolisi 240 bagiye koherezwa muri Sudani y’Epfo bazasimbura abari bariyo 240.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!