Abarwayi bashya bagaragaye barimo 29 b’i Kigali bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi no mu bahuye n’abanduye, n’abantu babiri bo mu Karere ka Rubavu.
Umubare mushya w’abanduye watumye abamaze gusangwamo uburwayi bose hamwe baba 4565, mu gihe abamaze gukira ari 2544, bahwanye na 56% by’abanduye bose, bivuze ko abakirwaye ari 1999. Ni mu gihe abapfuye ari abantu 22.
Kugeza kuri uyu wa Gatandatu hamaze gufatwa ibipimo 460 174.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!