Kuri uyu wa Gatanu nibwo inzego zitandukanye za Leta zagejeje ku Banyarwanda aho imyiteguro igeze, mu kiganiro n’abayamakuru.
Makolo yagize ati "Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bazaba bahari, tuzaba dufite abarenga 35 hano, izo nama zizaba ari umwihariko w’abayobozi ariko tuzi ibyo bazaba baganira, ku nsanganyamatsiko yo kugera ku hazaza hasangiwe."
Bitegayijwe ko iyi nama izabera ahantu hatandatu hatandukanye, muri Kigali Convention Centre, Kigali Marriott Hotel, M- Hotel, Intare Conference Arena, Kigali Serena Hotel, na Kigali Conferemce and Exhibition Village, ahazwi nka Camp Kigali.
Izitabirwa n’abantu basaga 5000.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!