Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Mali Ckeikh Modibo Diarra, yafashwe n’ingabo za Mali ziyobowe na capitaine Sanogo wahiritse ubutegetsi bwa Amadou Toumani Touré mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka.
Amakuru dukesha BBC avuga ko uyu mugabo yabanje gufungirwa iwe, nyuma akaza kujyanwa ahantu hataramenyekana.
Uyu mugabo ashinjwa kugandisha abandi ntakurikize inyigisho n’umurava bya Sanogo. Kugeza ubu ntiharamenyekana ahantu yaba yajyanywe.
Ckeikh Modibo Diarra afashwe nyuma y’aho yo kuba yari yareguye ku mwanya wa Minisitiri w’intebe w’igihugu cya Mali.



















TANGA IGITEKEREZO