00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Congo: Abameneshejwe n’umutwe wa Morgan banze gutahuka

Yanditswe na

Olivier Rubibi

Kuya 8 November 2012 saa 10:57
Yasuwe :

Impunzi 3,000 z’Abakongomani zanze gusubira aho zari zituye nyuma y’imirwano yabereye mu Ntara y’u Burasirazuba bwa Congo Kinshasa.
Amakuru dukesha AFP avuga ko kudatahuka kw’izi mpunzi z’Abakongomani byatijwe umurindi n’Umuyobozi Mukuru w’ubwoko bwa Badumbisa, ndetse n’Abadengaido wabasuye ku wa Kabiri aho aba baturage bakambitse, agategeka ko aba baturage batatahuka kubera ko batizeye umutekano wabo.
Uyu muyobozi w’aba baturage avuga ko abigometse ku butegetsi bwa Congo Kinshasa (…)

Impunzi 3,000 z’Abakongomani zanze gusubira aho zari zituye nyuma y’imirwano yabereye mu Ntara y’u Burasirazuba bwa Congo Kinshasa.

Amakuru dukesha AFP avuga ko kudatahuka kw’izi mpunzi z’Abakongomani byatijwe umurindi n’Umuyobozi Mukuru w’ubwoko bwa Badumbisa, ndetse n’Abadengaido wabasuye ku wa Kabiri aho aba baturage bakambitse, agategeka ko aba baturage batatahuka kubera ko batizeye umutekano wabo.

Uyu muyobozi w’aba baturage avuga ko abigometse ku butegetsi bwa Congo Kinshasa bakiri hafi y’aho aba baturage bari batuye.

Igihugu cya Congo ni uruhurirane rw’imitwe yigometse, mu gihe hari hamenyerewe M23 ubu noneho uyu mutwe wa Morgan wabiyogoje aho umaze gukura mu byabo abagera ku bihumbi bitatu.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages