Polisi yatangaje ko aba bantu bishwe no guhera umwuka nyuma y’uko bari bagiye kuryama bacanye Imbabura kugira ngo bashyuhe.
Imbabura isohora umwuka mubi uzwi nka CO ari nawo ukekwaho kuba intandaro y’urwo rupfu rutunguranye, kuko bamaze umwanya munini bawuhumeka basinziriye.
Leta ya Kano muri Nigeria ni imwe mu zibasiwe n’ubukonje muri ibi bihe, ari nayo mpamvu abaturage bakoresha uburyo bwose ngo babashe gushyuha by’umwihariko mu masaha y’ijoro.

Umuryango w'abantu babiri wapfuye wishwe no kubura umwuka kubera imbabura
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!