Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda hamwe n’ubuyobozi bwa gereza, batangaje ko bari gushakisha abantu bose baba batorotse iyi gereza. Imfungwa ebyiri muri izi zatorotse zamaze gufatwa mu gihe izindi ebyiri zishwe ubwo zageragezaga gutoroka.
Amakuru avuga ko izi mfungwa zakuyemo impuzankano y’umuhondo iranga abagororwa, ubundi zikiruka zambaye ubusa. Muri uko gutoroka, humvikanye amasasu menshi yatumye ubuzima muri ako gace buhagarara, abantu bibaza ibiri kuba.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!