Kuri uyu wa Gatatu Amoth yavuze ko muri Kenya habonetse ubwo bwoko bushya bwa Coronavirus bwagaragaye mu bakozi batanu b’Abahinde bakora mu ruganda rukora ifumbire muri Kisumu.
Yavuze ko byamenyekanye ku wa Kane ushize ubwo abantu batanu bageraga muri icyo gihugu bava mu Buhinde mbere y’uko ingendo z’indege zijya cyangwa ziva mu Buhinde zihagarikwa.
Abantu bamaze kwandura Covid-19 muri Kenya ni 161,393 mu gihe abasaga 2800 imaze kubahitana.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!