Ni igikorwa gisa no kwihorera kuko ku wa 12 Gicurasi 2025, Guverinoma ya Algerie yategetse ko abakozi 15 ba Ambasade y’u Bufaransa bashyizweho bitamenyeshejwe iki gihugu bahita birukanwa ku butaka bwacyo.
Itangazo ry’u Bufaransa rigira riti" u Bufaransa bufite uburenganzira bwo gufata izindi ngamba bitewe n’uko ibintu bigenda bihinduka."
Umubano hagati y’ibihugu byombi umaze igihe warajemo agatotsi gusa byaje kujya irudubi umwaka ushize ubwo Perezida Emmanuel Macron yarakariraga Aligerie nyuma y’uko ishyigikiye Maroc mu bibazo bw’agace ka Sahara y’Iburengerazuba.
Algeria imaze iminsi ishinja u Bufaransa gukumira abaturage bafite pasiporo zayo kwinjira muri iki gihugu no kubangamira abashinzwe inyungu zayo mu Bufaransa.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!