Iyi sosiyete isanzwe ikorera ingendo mu Rwanda, mu byerekezo yahagaritse harimo ibyajyaga muri Gabon, Guinée-Bissau, Libéria, Sierra Leone, Angola, Zambie, Sudani y’Epfo, Congo, Mali na RDC.
Byinshi muri ibi byerekezo, ni ibyo iyi sosiyete yabonagamo abagenzi bake ugereranyije n’ibindi.
Izindi sosiyete mpuzamahanga zirimo Lufthansa, KLM na Air France na zo ziherutse guhagarika zimwe mu ngendo zazo.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!