Minisitiri w’ubukerarugendo muri icyo gihugu, Hamisi Kigwangalla, yavuze ko abashinzwe kuzimya inkongi ku bufatanye n’abaturage bagerageje, ariko bakeneye izindi mbaraga.
Ibyatumye kuzimya uwo muriro bigorana, ni umuyaga uri kuri uwo musozi, ibihuru n’ibyatsi byumye. Abantu basaga 500 nibo bari gufasha mu kuzimya uwo muriro.
Icyateye uwo muriro ntikiramenyekana, gusa bikekwa ko yaturutse ku bantu batekera ibiryo ba mukerarugendo kuri uwo musozi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!