Ni ikiraro gihuza uduce twa Kigongo na Busisi mu Ntara ya Mwanza, gifite uburebure bw’ibilometero bitatu.
Ikinyamakuru The Citizens cyatangaje ko mu bitabiriye uyu muhango harimo Janet Magufuli, umugore wa Dr. Magufuli.
Imirimo yo kubaka iki kiraro yatangijwe mu gihe cy’ubuyobozi bwa Dr. Magufuli.
Ubwo yitabaga Imana ku itariki ya 17 Werurwe 2021, ibikorwa by’uyu mushinga byari bimaze kugera ku kigero cya 24,6%.
Perezida Samia, wasimbuye Magufuli, ni we wakurikiranye uyu mushinga kugeza ugeze ku musozo.



TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!