Raporo y’impuguke za Loni iherutse, yagaragaje ko ibyo birombe iyo mitwe ibyifashisha yaka imisoro itemewe n’ubucukuzi butemewe.
Loni ivuga ko gukomeza kubona amikoro kw’iyo mitwe bituma ikomeza ibikorwa byayo by’ubugizi bwa nabi mu baturage.
Ubutegetsi bwa Ituri bwatangarije impuguke za Loni ko hari ibirombe byinshi bamaze umwaka batabasha kugeramo kuko bigenzurwa n’iyo mitwe.
Muri ibyo birombe byose, umutwe wa CODECO niwo ugenzura byinshi mu gihe uwa Zaïre uyigwa mu ntege.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!