Icyorezo cya Ebola kigaragara cyane ntara esheshatu no mu duce 60. Mu masaha 24 ashize, nta hantu hashya iki cyorezo cyakwirakwiyemo. Intara ya Ituri ni yo yazahajwe cyane na Ebola.
Kugeza ubu, hamaze kugaragara abantu 6.100 byemejwe ko banduye muri bo 1.383 barakize, mu gihe 2.950 barapfuye mu gihe abantu 814 bakiri mu kato cyangwa bari kuvurirwa mu bitaro.
Gukurikirana abantu bahuye n’abanduye bigeze ku kigero cya 86,3%, bikaba birenze igipimo fatizo cy’ibikorwa cyari gishyizweho cya 85%.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!