Perezida Ndayishimiye yahuriye na mugenzi we wa Tanzania mu mujyi wa Kigoma uherereye hafi y’umupaka n’u Burundi.
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Tanzania yatangaje ko Perezida John Magufuli wa Tanzania na Perezida Ndayishimiye baganira n’Abanya-Tanzania ku kibuga cya Lac Tanganyika i Kigoma, bakanataha ku mugaragaro inyubako y’urukiko rukuru rwa Tanzania.
Nyuma Ndayishimiye na Magufuli baragirana ibiganiro mu biro bito bya Perezida wa Tanzania biri i Kigoma.
Uruzinduko rwa Ndayishimiye muri Tanzania ni urw’umunsi umwe.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!