Icyemezo cyo kuzamura mu ntera Sean Mnangagwa cyatangajwe ku wa 29 Mata 2026. Yari asanzwe afite ipeti rya Major.
Uretse umuhungu we, Perezida Mnangagwa yanazamuye mu ntera abandi basirikare umunani, na bo bagirwa ba lieutenant colonel.
Iki cyemezo cyongeye gukurura induru muri Zimbabwe cyane cyane mu basanzwe bashinja Perezida Mnangagwa icyenewabo kandi kiri mu bibuzwa n’Itegeko Nshinga ry’iki gihugu.
Mukuru wa Sean Mnangagwa witwa David Kudakwashe Mnangagwa asanzwe ari Minisitiri w’Imari wungirije.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!