00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Paul Biya yagaragaye bwa mbere mu ruhame

Yanditswe na IGIHE
Kuya 24 August 2026 saa 02:53
Yasuwe :

Perezida wa Cameroun, Paul Biya yagaragaye mu ruhame bwa mbere mu gihugu cye ubwo yakiraga ikipe y’igihugu y’abagore ‘Lions indomptables’ yatwaye igikombe cya Afurika cy’Abagore.

Paul Biya yageze muri Cameroun ku wa 20 Kanama 2026, nyuma y’iminsi 74 yari amaze i Burayi.

Amashusho yashyizwe hanze na Reuters agaragaza Paul Biya yakira ikipe y’igihugu y’abagore mu biro by’umukuru w’igihugu.

Uyu mukuru w’igihugu yagaragaye kandi yishimira iki gikombe hamwe n’abakinnyi. Cameroun yatwaye iki gikombe itsinze abagire bo muri Malawi.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages