Paul Biya yageze muri Cameroun ku wa 20 Kanama 2026, nyuma y’iminsi 74 yari amaze i Burayi.
Amashusho yashyizwe hanze na Reuters agaragaza Paul Biya yakira ikipe y’igihugu y’abagore mu biro by’umukuru w’igihugu.
Uyu mukuru w’igihugu yagaragaye kandi yishimira iki gikombe hamwe n’abakinnyi. Cameroun yatwaye iki gikombe itsinze abagire bo muri Malawi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!