Abaturage babwiye Reuters ko abarwanyi ba Boko Haram bageze mu gace bafata abahinzi n’abarobyi, bica 23 abandi benshi barashimutwa.
Abaturage bagerageje kujya gufata imirambo y’abaturage ariko abarwanyi ba Boko Haram barabirukana.
Mu kwezi gushize, Umuyobozi wa Leta ya Borno muri Nigeria yemeje ko Boko Haram yubuye ibitero no gushimuta abantu. Ni nyuma y’uko Leta yari yavuze ko aka gace yagasubijemo umutekano.

Abarwanyi ba Boko Haram bishe abahinzi n'abarobyi 23
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!