Umuvugizi wa Polisi Ahmed Mohammed Wakil yatangaje ko abo bantu bafashwe nyuma y’iperereza ryimbitse.
Amaso y’uwo mwana w’ingimbi w’imyaka 16, yagaragaye mu gicuma mu nzu y’umwe mu bafashwe. Bivugwa ko uwo musore yari yashutswe kuza mu rugo rw’uwo wafashwe, amwizeza kumuha akazi.
Abandi babiri bafashwe ni abakekwaho gufatanya mu mugambi wo guhitana uwo mwana.
Iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko abo bantu bashakaga ayo mason go yifashishwe mu migenzo gakondo y’ubupfumu.

Batatu bafashwe bakekwaho uruhare mu gukuramo amaso ingimbi
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!