Urwego rukuru rwa Gisirikare muri Niger rwatangaje ko abasirikare bishwe harimo n’uwari ayoboye iyo misiyo.
Icyo gitero cyagabwe ku cyumweru ahagana saa tanu za mu gitondo ubwo abasirikare ba Niger bari bari mu modoka eshanu bahiga abakekwagaho kuba mu mutwe w’iterabwoba birangira batezwe igico n’abo muri uwo mutwe, mu bilometero 20 uvuye mu Mujyi wa Sanam mu Burengerazuba bwa Niger.
Ibi byose bibaye nyuma y’uko kuwa 26 Nyakanga 2023 Perezida Mohamed Bazoum ahiritswe ku butegetsi muri Niger.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!