Martha wari wiyamamazanyije na Raila Odinga mu matora ya Perezida yabaye 2022 bari bahanganyemo na Perezida William Ruto, yavuze ko ntawe bazongera kwiyamamazanya ahubwo ari we ugiye kwiyamamariza uwo mwanya.
Yakomeje avuga ko azakomeza kurwanya ubutegetsi bw’ihuriro ry’imitwe ya Politiki iri ku butegetsi muri Kenya kubera imikorere mibi.
Martha ni umwe mu bagore bakomeye muri politiki ya Kenya. Afite imyaka 67 y’amavuko.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!