Uyu mugabo yagiye gukiza mu rugo yumvaga barwana ku wa 13 Ugushyingo 2025. Amaze gukubitwa igiti mu mutwe yajyanywe kwa muganga apfa akihagera.
Umurambo we wahise ujyanwa mu buruhukiro mu gihe hagitegerejwe gusuzuma icyamuhitanye.
Polisi kandi gace kandi abandi bagabo babiri bishwe bigakekwa ko bari babanje kwiba amatungo.
Polisi yasabye abaturage kureka kwihanira bakageza ibibazo byabo ku nzego z’umutekano.
Umugabo yagiye gukiza abarwana abisigamo ubuzima



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!