00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Kenya : Umugabo yishwe ari gukiza umugore n’umugabo barwanaga

Yanditswe na IGIHE
Kuya 15 November 2025 saa 10:18
Yasuwe :

Umugabo w’imyaka 36 yiciwe mu rugo yari yagiye gukizamo umugore n’umugabo barwanaga, bamukubita igiti mu mutwe ahasiga ubuzima.

Uyu mugabo yagiye gukiza mu rugo yumvaga barwana ku wa 13 Ugushyingo 2025. Amaze gukubitwa igiti mu mutwe yajyanywe kwa muganga apfa akihagera.

Umurambo we wahise ujyanwa mu buruhukiro mu gihe hagitegerejwe gusuzuma icyamuhitanye.

Polisi kandi gace kandi abandi bagabo babiri bishwe bigakekwa ko bari babanje kwiba amatungo.

Polisi yasabye abaturage kureka kwihanira bakageza ibibazo byabo ku nzego z’umutekano.

Umugabo yagiye gukiza abarwana abisigamo ubuzima

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages