Leonard Bwire, ukuriye ibikorwa byo kurwanya iterabwoba muri polisi ya Kenya yabwiye urukiko ko amazina y’ibyo bigo, atayatangaza mu rwego rwo gukomeza kurinda umutekano wabyo.
Foxnews dukesha iyi nkuru ivuga ko urukiko rwahaye polisi iminsi 15 yo gukomeza gufunga abo bantu inabakoraho irindi ipereza.
Gusa ku ruhande rwa Leta, ubwoba ni bwose, aho imaze kubona ko umutwe wa IS umaze kugaba ibirindiro muri iki gihugu cyibasiwe n’umutwe wa al-Qaida mu myaka ishize.



















TANGA IGITEKEREZO