Nubwo umugabane wa Afurika (Africa) ari ikimenyabose, inkomoko y’izina "Africa" ni urujijo kuri benshi mu bayituye kandi ntirivugwaho rumwe n’abahanga mu mateka.
Reba iyi ‘video’ umenye amateka y’iri zina.
Niba uri gusoma iyi nkuru, hari amahirwe menshi ko uri Umunyafurika cyangwa ufite inkomoko muri Afurika (Africa). Niwo mugabane wa kabiri mu bunini no mu kugira umubare munini w’abaturage ku Isi kuko ituwe n’abagera kuri miliyari 1.4 bafite imico, indimi, n’amateka atandukanye.
Nubwo umugabane wa Afurika (Africa) ari ikimenyabose, inkomoko y’izina "Africa" ni urujijo kuri benshi mu bayituye kandi ntirivugwaho rumwe n’abahanga mu mateka.
Reba iyi ‘video’ umenye amateka y’iri zina.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!