Umutwe w’abadepite mu Nteko ya Somalia ufite imyanya 274 mu gihe umutwe wa Sena ufite imyanya 54. Hari hashize igihe abagore basaba guhagararirwa ku buryo bugaragara mu Nteko Ishinga Amategeko.
Uwo mwanzuro ntiwishimiwe n’abagabo bari bafite intego zo kwiyamamaza mu matora y’abadepite ateganyije mu minsi iri imbere. Bavuga ko kuba hari abagore bazajya bajya mu nteko kuko ari abagore gusa ari ukwambura uburenganzira abagabo n’ubw’abaturage bwo gutora uwo bashatse.
Ubusanzwe abakandida b’abadepite muri Somalia batangwa n’ubwoko bakomokamo.



















TANGA IGITEKEREZO