Mu itangazo yasohoye, yavuze ko Imana yakinze akaboko umubiri wa Nyakwigendera abangije imva ntibawugereho kubera ko aho uri hubatswe bikomeye.
Hatangajwe ko umuryango w’iyo mva ari wo wangijwe. Inzego z’umutekano zahise zitangiza iperereza ngo hamenyekane abangije iyo mva n’impamvu yabyo.
Cardinal Biayende ni we rukumbi wageze kuri urwo rwego muri Kiliziya mu mateka ya Congo Brazzaville. Yishwe mu 1977 afite imyaka 50, nyuma y’iminsi mike Perezida wa gatatu w’icyo gihugu, Marien Ngouabi, amaze kwicwa.
Kugeza ubu iby’urupfu rwe ntibirasobanuka.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!