Bamwe mu batavuga rumwe na Leta barimo John Mahama wahoze ari Perezida, bari baregeye urukiko barusaba gutesha agaciro ibyavuye mu matora, rugategeka ko asubirwamo, nkuko BBC yabitangaje.
Urukiko rwatangaje ko Akufo yabonye amajwi asaga 50 % (yagize 51.2 %) bityo ko kuba hari ibyo Komisiyo y’amatora yakosoye ntacyo byahinduye ku byavuye mu matora.
Urukiko rwatangaje ko ibyatangajwe na Komisiyo ari byo kandi bigaragaza ugushaka kw’abaturage.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!