Ifatwa ry’ibipimo bye BBC dukesha iyi nkuru yatangaza ko ryabereye ku ivuriro ryo mu cyaro ridafite ibikoresho bihagije byo gupima.
Samed atangaza ko atatangajwe no kumva ko ari muremure,bitewe nuko atigeze ahagarara gukura.
Gukura cyane kwe kwatangiye ubwo yari afite imyaka 22 aba mu Murwa Mukuru Accra ariko ubwishingizi bwo kwivuza bwa Ghana ntibubashe kumuvuza kuko yacibwaga amayero 40.
Umuntu ufite agahigo ko kuba muremure ku Isi afite metero 2,51 z’uburebure akaba Sultan Kösen w’imyaka 40, utuye muri Turukiya.




TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!