Polisi yo muri iki gihugu yavuze ko abakekwa barimo Abanya-Nigeria 13 ndetse n’Umunya- Brésil umwe, bafatanywe ibiro 14 bya cocaine bayibitse mu mizigo yabo, mu myenda y’imbere ndetse indi bayimize.
Aba bakekwa bari baturutse ku kibuga cy’indege mu Mujyi wa São Paulo muri Brésil. Bahise bafatwa bafungirwa ku kibuga cy’indege.
Polisi y’iki gihugu yatangaje ko mu mezi atatu, yafashe ibiro 39 bya cocaine na 36 by’urumogi.
Abo bantu 14 bafatiwe ku Kibuga cy'indege i Addis Ababa



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!