Umurwayi wa nyuma wanduye Ebola muri Uganda yabonetse tariki 14 Werurwe 2025.
Ni mu gihe umurwayi wa mbere wagaragaweho Ebola, yabonetse tariki 30 Mutarama 2025, aturutse muri Sudani.
Imibare y’abantu bapfuye bishwe n’iki cyorezo muri Uganda iherutse gutangazwa mu ntangiriro za Werurwe, aho habarurwaga abantu babiri bapfuye n’abandi 10 bayanduye.
Byemejwe ko Uganda yatsinze icyorezo cya Ebola



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!