00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Byemejwe ko Uganda yahashyije Ebola

Yanditswe na IGIHE
Kuya 26 April 2025 saa 09:39
Yasuwe :

Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda yemeje ko icyorezo cya Ebola cyahashijwe burundu nyuma y’uko hashize iminsi 42 nta bwandu bushya bubonetse mu gihugu.

Umurwayi wa nyuma wanduye Ebola muri Uganda yabonetse tariki 14 Werurwe 2025.

Ni mu gihe umurwayi wa mbere wagaragaweho Ebola, yabonetse tariki 30 Mutarama 2025, aturutse muri Sudani.

Imibare y’abantu bapfuye bishwe n’iki cyorezo muri Uganda iherutse gutangazwa mu ntangiriro za Werurwe, aho habarurwaga abantu babiri bapfuye n’abandi 10 bayanduye.

Byemejwe ko Uganda yatsinze icyorezo cya Ebola

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages