BBC yavuze ko uyu mugabo bamusanzemo Covid-19 nyuma y’uko yari yagaragaje ibimenyetso bitandukanye birimo umunaniro ndetse no kubura ubushake bwo kurya.
Nyuma y’uko byemejwe n’abaganga ko Mkhize yanduye Covid-19, we n’umuryango we bahise bishyira mu kato. Zweli Mkhize abaye Minisitiri wa gatanu wanduye iki cyorezo muri Afurika y’Epfo.
Afurika y’Epfo nicyo gihugu cyazahajwe cyane n’icyorezo cya Covid-19 ku mugabane wa Afurika aho abamaze kucyandura babarirwa mu bihumbi 700.
Zweli Mkhize abaye Minsitiri wa gatanu wanduye Covid-19 muri Afurika y'Epfo



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!