Amatsinda y’abaturage yishyize hamwe avuga ku mugaragaro ko umwimukira wese yaba ufite ibyangombwa bimwemerera kuba muri iki gihugu cyangwa utabifite agomba gusubira iyo yaturutse akava mu gihugu.
Urugomo rukomeye rwagaragaye mu ntara ya KwaZulu-Natal na Gauteng, abimukira baturutse Ghana, Nigeria n’ibindi bihugu bya Afurika barameneshwa n’Abanyafurika bagenzi babo, amaduka aratwikwa, abandi barakubitwa, abandi bicwa ku manywa y’ihangu, kandi ntawe ubiryozwa.
Polisi yagahagaritse ibi byose, uhereye ku muyobozi mukuru wayo n’abamwungirije, kubera ibyaha bya ruswa bakurikiranyweho muri iyi dosiye kuko bisa n’aho n’uwajya kurega adafite uwo aregera.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!