Polisi ya Uganda yabitangaje ku wa 29 Mata 2026. Yavuze ko impanuka yabaye ku wa 28 Mata 2026 ibera ku mugezi wa Nguse.
Ibinyujije kuri X Polisi ya Uganda yagaragaje ko harokotse umuntu umwe icyakora ivuga ko itaramenya umubare w’abarohamye kuko nta rutonde rwabo rwari ruhari.
Yavuze ko ikomeje ibikorwa by’ubutabazi mu gihe iperereza ku cyateye iyi mpanuka rigikomeje. Bikekwa ko kurenza ubushobozi bw’ubwato no kugenda nijoro biri mu byateye iyi mpanuka.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!