Von der Leyen yatangaje ko muri manda nshya agiye gushyira imbaraga mu gushora imari mu kubaka ibikorwaremezo, inganda n’umutekano.
Yatowe n’abagize Inteko Ishinga Amategeko ya EU, atorwa n’abantu 401 kuri 284 batamutoye.
Yavuze ko imyaka itanu atorewe kuyobora ari yo izagaragaza isura nyayo y’u Burayi mu myaka 50 iri imbere.
Von der Leyen, Umudage w’imyaka 65 byari byitezwe ko atorwa nyuma yo gushyigikirwa na benshi mu bayobozi bakomeye ku Mugabane w’u Burayi.

Ursula von der Leyen yatorewe kongera kuyobora EU
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!