Guverinoma y’iki gihugu yatangaje ko igihe kigeze ngo amateka y’ubukoloni arangire. Gahunda yo kwitandukanya n’u Bwongereza byitezwe ko izarangira mu gihe iki kirwa kizaba cyizihiza imyaka 51 kibonye ubwigenge kibuvanye k’u Bwongereza, umuhango uzaba mu Ugushyingo 2021.
Itangazo rya Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, Mia Mottley, ryagaragaje ko abaturage be bashaka kwishyiriraho umukuru w’igihugu kavukire.
Ubwami bw’u Bwongereza bwatangaje ko ibyo Barbados ishaka gukora bireba Guverinoma yayo n’abaturage ndetse ko iki gitekerezo kimaze igihe kivugwa.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!